Iburasirazuba:Police yerekanye abo mu muryango umwe bari barashinze itsinda ry’ubujura bwo gutobora amazu

Kuwa Gatatu tariki ya 11 Kamena 2025 nibwo Police y’ u Rwanda ikorera mu Ntara y’iburasirazuba yeretese itangazamakuru itsinda ry’abasore batanu bamaze igihe bakora ubujura bwo gupfumura amazu yiganjemo ay’ubucuruzi, …

Iburasirazuba:Police yerekanye abo mu muryango umwe bari barashinze itsinda ry’ubujura bwo gutobora amazu Read More