Ubuzima

View All

Misiri yamaze kurandura malariya

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryemeje ko Misiri yaranduye  burundu indwara ya Malariya, bikaba bigezwe ho nyuma y’imyaka 100, iyi ndwara yari imaze igarika ingogo muri iki igihugu …

Imyidagaduro

View All

Uko gutsindwa kwa Police FC byakuye Darko Novic ku mugati

Umutoza w’umunya-Serbia, Darko Novic, watozaga APR FC kuva mu ntabgiriro z’umwaka w’imikino 2024-2025 yirukanwe n’ikipe ya APR FC nyuma y’uko ikipe ya Police FC itsinzwe na Rayon Sports 1-0 mu …

Fashion

View All

Urutonde rw’abatoza Beza Bakiri Bato ku Isi n’ibigwi byabo.

  Mu gihe umupira w’amaguru ukomeje kwihuta mu iterambere, abatoza bato bafite impano idasanzwe baragenda bagaragaza ko ejo hazaza h’umwuga wo gutoza ari heza. Benshi muri bo ntibigeze bakinira amakipe …

Uko gutsindwa kwa Police FC byakuye Darko Novic ku mugati

Umutoza w’umunya-Serbia, Darko Novic, watozaga APR FC kuva mu ntabgiriro z’umwaka w’imikino 2024-2025 yirukanwe n’ikipe ya APR FC nyuma y’uko ikipe ya Police FC itsinzwe na Rayon Sports 1-0 mu …

Amakuru mashya: Atlético Madrid umufatanyabikorwa mushya wa VISIT RWANDA

Kuri uyu wa 30 Mata 2025, ikipe ya Atlético Madrid yo muri Espagne basinyanye amasezerano y’ubufatanye n’u Rwanda agamije kwamamaza gahunda ya “Visit Rwanda”. Aya masezerano y’imyaka itatu azatuma izina …

Igitekerezo : Icyo Arsenal isabwa gukora ngo igere ku mukino wa nyuma i Munich

Mu iijoro ryakeye rya 29-04-2025, ku kibuga cya Emirates, habereye umukino utari usanzwe. Amatike yari yarashize, ikizere cyari cyinshi, abafana buzuye Stade ariko inzozi za Arsenal zerekeje ku marembo azima …

Imikino yo Kwishyura y’Igikombe cy’Amahoro yimuriwe kuri Stade Amahoro

Mu gihe amarushanwa y’igikombe cy’Amahoro akomeje gukurura abafana n’abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje impinduka zikomeye mu igenamigambi ry’amarushanwa. Imikino yose yo kwishyura (return …