Amakuru

View All

Ruhango: Batatu bakekwaho kwihesha ikintu cy’undi bakoresheje uburiganya baburanye ku ifunga n’ifungura

Mu rukiko rw’ibanze rwa Ruhango, Abakekwa batatu barimo Kalisa Patrick, Nyirindekwe Janvier na Mutoni Clarisse, baburanye ku ifungwa n’ifungura, aho bacyekwaho kwihesha ikintu cy’undi binyuze mu kubeshya abantu batandukanye ko …

Ubuzima

View All

Urukingo rushya rwa Malariya, ruje guhindura isi

Abahanga bo muri kaminuza ya Oxford bakoze uru rukingo  biteze ko rushobora gutangira gutangwa mu mwaka utaha wa 2023, nyuma y’aho ibikorwa byo kurugerageza byerekanye ko rushobora gukingira ku kigero …

Imyidagaduro

View All

Uko umugore umwe yarokoye White House ibitero by’abiyahuzi muri 2001

 Alice Hoagland, ni  umubyeyi ufatwa nk’uwatabaye Whitehouse hamwe n’inzu ikorerwamo n’inteko ishinga amategeko ya America, Capitol, kuko binyuze mu nama yahaye umuhungu we wari mu ndege yagombaga kugonga imwe muri …

Fashion

View All

Amajyepfo: Hamuritswe umukino wa Fencing, mu mashuri

Kuwa 6 taliki 16 Ukuboza 2023, mu karere ka Muhanga hatangijwe umukino wa Fencing mu mashuri, kikaba ari igikorwa cyabereye mu kigo cy’amashuri kitiriwe Marie Reine giherereye mu mujyi wa …

Minisitiri Mimosa wavugwagaho gutabwa muri yombi yagaragaye mu ruhame

Minisitiri wa Sport yagaragaye mu ruhame, nyuma y’uko mu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 22 Gicurasi 2023 ku mbuga nkoranyambaga, hari hakwirakwijwe amakuru avuga ko, umwe mu bagize …

Lt General Mubaraka ntabwo yayobora Ferwafa

Chairman wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yavuze ko atakibona umwanya uhagije mu ikipe ya APR FC, bityo bigoye ko yayobora Ishyirahamwe rya Ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Mu …

Abakinyi 32 ba ikipe ya tuniziya bahunze Igihugu

Ikipe y’umupira w’amaguru mu gihugu cya Tuniziya yasezeye mu marushanwa yose yarimo nyuma yuko abakinyi bayo 32 bahunze igihugu bakigira gushakisha ubuzima ku mugabane w’Uburayi. Umuyobozi w’iyi kipe Ghardimaou isanzwe …

Eid Cup: Muhanga yatsinze Huye ibitego 2-0 ihita igera ku mukino wa nyuma

Mu marushanwa ya Eid Cup yateguwe n’ubuyobozi bw’umuryango w’abayisilamu mu ntara y’amajyepfo, ikipe y’abayisilamu bo mu karere ka Muhanga yatsinze iy’abo mu karere ka Huye ibitego 2-0, Muhanga ihita ibona …