Abahanga bo muri kaminuza ya Oxford bakoze uru rukingo biteze ko rushobora gutangira gutangwa mu mwaka utaha wa 2023, nyuma y’aho ibikorwa byo kurugerageza byerekanye ko rushobora gukingira ku kigero …
 Alice Hoagland, ni umubyeyi ufatwa nk’uwatabaye Whitehouse hamwe n’inzu ikorerwamo n’inteko ishinga amategeko ya America, Capitol, kuko binyuze mu nama yahaye umuhungu we wari mu ndege yagombaga kugonga imwe muri …
Kuwa 6 taliki 16 Ukuboza 2023, mu karere ka Muhanga hatangijwe umukino wa Fencing mu mashuri, kikaba ari igikorwa cyabereye mu kigo cy’amashuri kitiriwe Marie Reine giherereye mu mujyi wa …
Minisitiri wa Sport yagaragaye mu ruhame, nyuma y’uko mu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 22 Gicurasi 2023 ku mbuga nkoranyambaga, hari hakwirakwijwe amakuru avuga ko, umwe mu bagize …
Chairman wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yavuze ko atakibona umwanya uhagije mu ikipe ya APR FC, bityo bigoye ko yayobora Ishyirahamwe rya Ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Mu …
Mu marushanwa ya Eid Cup yateguwe n’ubuyobozi bw’umuryango w’abayisilamu mu ntara y’amajyepfo, ikipe y’abayisilamu bo mu karere ka Muhanga yatsinze iy’abo mu karere ka Huye ibitego 2-0, Muhanga ihita ibona …