Ubuzima

View All

Misiri yamaze kurandura malariya

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryemeje ko Misiri yaranduye  burundu indwara ya Malariya, bikaba bigezwe ho nyuma y’imyaka 100, iyi ndwara yari imaze igarika ingogo muri iki igihugu …

Imyidagaduro

View All

MENYA BYINSHI KURI (FIFA CLUB WORLD CUP 2025) IGIYE GUTANGIRA KUWA 14/06/202

Iki ni igikombe cy’Isi cyihariye kuko ari cyo cya mbere kizitabirwa n’amakipe 32 avuye ku migabane yose, mu buryo bwa shampiyona isa n’iy’igikombe cy’isi gikinwa n’ibihugu. UMWIHARIKO W’IRI RUSHANWA Igihe: …

Fashion

View All

AMAKURU MASHYA: APR FC Yatandukanye n’Abakinnyi Bayo Bagera kuri 6

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, yatangaje ko yatandukanye n’abakinnyi bayo batandatu bari bagize umusingi w’iyi kipe mu bihe bishize, mu rwego rwo gutangira urugendo rushya rwo kwiyubaka mbere y’amarushanwa y’umwaka …

MENYA BYINSHI KURI (FIFA CLUB WORLD CUP 2025) IGIYE GUTANGIRA KUWA 14/06/202

Iki ni igikombe cy’Isi cyihariye kuko ari cyo cya mbere kizitabirwa n’amakipe 32 avuye ku migabane yose, mu buryo bwa shampiyona isa n’iy’igikombe cy’isi gikinwa n’ibihugu. UMWIHARIKO W’IRI RUSHANWA Igihe: …

Urutonde rw’abatoza Beza Bakiri Bato ku Isi n’ibigwi byabo

Mu gihe umupira w’amaguru ukomeje kwihuta mu iterambere, abatoza bato bafite impano idasanzwe baragenda bagaragaza ko ejo hazaza h’umwuga wo gutoza ari heza. Benshi muri bo ntibigeze bakinira amakipe akomeye, …

Uko gutsindwa kwa Police FC byakuye Darko Novic ku mugati

Umutoza w’umunya-Serbia, Darko Novic, watozaga APR FC kuva mu ntabgiriro z’umwaka w’imikino 2024-2025 yirukanwe n’ikipe ya APR FC nyuma y’uko ikipe ya Police FC itsinzwe na Rayon Sports 1-0 mu …

Amakuru mashya: Atlético Madrid umufatanyabikorwa mushya wa VISIT RWANDA

Kuri uyu wa 30 Mata 2025, ikipe ya Atlético Madrid yo muri Espagne basinyanye amasezerano y’ubufatanye n’u Rwanda agamije kwamamaza gahunda ya “Visit Rwanda”. Aya masezerano y’imyaka itatu azatuma izina …