




Amakuru
View All
GICUMBI: Umusozi wa Gihembe wahozeho Inkambi, hagiye kubakwa ibikorwa remezo birimo Ikigo kinini cy’urubyiruko
Imyaka isaga 3 irashize Inkambi ya Gihembe yari icumbikiye impunzi zaturutse mu Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ifunze, abari bayirimo bajyanywe mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe. Nyuma …
Ubuzima
View All
Misiri yamaze kurandura malariya
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryemeje ko Misiri yaranduye burundu indwara ya Malariya, bikaba bigezwe ho nyuma y’imyaka 100, iyi ndwara yari imaze igarika ingogo muri iki igihugu …
Imyidagaduro
View All
Isabukuru ya Andy Bumuntu yakuye CEO wa RGB mu kiruhuko
Ejo kuwa Gatatu tariki ya 14 Gicurasi 2025 Nibwo umuhanzi Andy Bumuntu ujya ubifatanya n’itangazamakuru yizihije Isabukuru y’amavuko. Nk’ibindi by’amamare byose uyu muhanzi yifurijwe Isabukuru nziza y’amavuko n’abantu b’ingeri zitandukanye. …
Fashion
View AllI Lagos: Jerome, yagaragaje amasomo yakuye mu irushanwa ry’umukino wa Fencing yari ahagarariyemo u Rwanda
Niyomugabo Jerome (Sulaiman) witabiriye amarushanwa ya champion Nyafurika y’umukino wa Fencing yabereye i Lagos, avuga kuba abandi bakina uyu mukino bya kinyamwuga ku buryo ubuzima bwabo bwa buri munsi iyo …
Amajyepfo: Hamuritswe umukino wa Fencing, mu mashuri
Kuwa 6 taliki 16 Ukuboza 2023, mu karere ka Muhanga hatangijwe umukino wa Fencing mu mashuri, kikaba ari igikorwa cyabereye mu kigo cy’amashuri kitiriwe Marie Reine giherereye mu mujyi wa …
Minisitiri Mimosa wavugwagaho gutabwa muri yombi yagaragaye mu ruhame
Minisitiri wa Sport yagaragaye mu ruhame, nyuma y’uko mu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 22 Gicurasi 2023 ku mbuga nkoranyambaga, hari hakwirakwijwe amakuru avuga ko, umwe mu bagize …
Lt General Mubaraka ntabwo yayobora Ferwafa
Chairman wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yavuze ko atakibona umwanya uhagije mu ikipe ya APR FC, bityo bigoye ko yayobora Ishyirahamwe rya Ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Mu …
Abakinyi 32 ba ikipe ya tuniziya bahunze Igihugu
Ikipe y’umupira w’amaguru mu gihugu cya Tuniziya yasezeye mu marushanwa yose yarimo nyuma yuko abakinyi bayo 32 bahunze igihugu bakigira gushakisha ubuzima ku mugabane w’Uburayi. Umuyobozi w’iyi kipe Ghardimaou isanzwe …