Skip to content
Top Menu
29/06/2025
  • Yelp
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Email
  • Facebook
  • Twitter
  • Youtube
  • Pinterest
  • Instagram

Impano.rw

Impano

  • Ahabanza
  • English
  • Uburezi
  • Umuryango
  • Ubuzima
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki

Mu mahanga

Ubuzima

Umukozi wa Leta utazemera kwikingiza Covid_19, ashobora kuzirukanwa. Minisitiri Gatabazi

15/11/2021 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Avuga ku banga kwikingiza kandi inkingo zihari, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, yakomoje ku byemezo bikakaye birimo no gutakaza akazi bishobora kuzafatirwa abakozi ba Leta batarakingiza COVID-19. Mu …

Umukozi wa Leta utazemera kwikingiza Covid_19, ashobora kuzirukanwa. Minisitiri Gatabazi Read More
Mu mahanga

Umusirikare w’umugore, yatanze ikirego avuga ko yasambanyirijwe muri Perezidanse

13/11/2021 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Abashinjacyaha bo mu gihugu cy’uBufaransa batangiye iperereza ku kirego cyatanzwe n’umwe mu basirikare b’abagore, wavuze ko mu kwezi kwa karindwi 2021 byafatiwe ku ngufu  mu nyubako y’ibiro bya perezida mu …

Umusirikare w’umugore, yatanze ikirego avuga ko yasambanyirijwe muri Perezidanse Read More
Mu mahanga

Abasirikare 2 bo muri Uganda bakatiwe gupfa, nyuma yo guhamywa kwica Abanyasomaliya.

13/11/202113/11/2021 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Abasirikare babiri bakomoka mu gihugu cya Uganda bari mu ngabo zoherejwe mu butumwa bw’umuryango w’Afurika yunze Ubumwe, aho zishinzwe kurinda amahoro muri Somalia (AMISOM), bakatiwe urwo gupfa abandi batatu bakatirwa …

Abasirikare 2 bo muri Uganda bakatiwe gupfa, nyuma yo guhamywa kwica Abanyasomaliya. Read More
Ubuzima

Menya byinshi ku ndwara ya Stroke, imwe mu zihitana benshi ku isi.

11/11/2021 - by Kamanzi Eric - Leave a Comment

Ubusanzwe stroke ni indwara yibasira udutsi tujyana amaraso mu bwonko maze igatuma tudakora neza cyangwa tugaturika, ibi rero bituma utunyangingo tujyana umwuka wa Oxygen mu bwonko twangirika. Kurwara stroke bishobora …

Menya byinshi ku ndwara ya Stroke, imwe mu zihitana benshi ku isi. Read More
Mu mahanga

Nigeria Gereza ya Oyo yagabweho igitero, imfungwa nyinshi ziratoroka.

23/10/202123/10/2021 - by Kamanzi Eric - Leave a Comment

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 5, ibitangazamakuru bitandukanye byo ku isi nibwo byatangiye gutangaza amakuru y’iyatakwa rya Gereza ya  Oyo yitwa Oyo correctional centre iherereye muri Leta ya Oyo …

Nigeria Gereza ya Oyo yagabweho igitero, imfungwa nyinshi ziratoroka. Read More
Mu mahanga / Ubuzima

Covid-19 imaze guhitana abakora mu nzego z’ubuzima bari hagati y’ibihumbi 80 -180.

22/10/202122/10/2021 - by Kamanzi Eric - Leave a Comment

Ubusanzwe ku isi habarurwa abakozi barenga Miliyoni 135 bakora mu nzego z’ubuzima,  ishami ry’umuryango wabibumbye  ryita ku buzima (WHO), rivuga ko hagati ya mutarama 2020 na Kamena 2021 abakora mu …

Covid-19 imaze guhitana abakora mu nzego z’ubuzima bari hagati y’ibihumbi 80 -180. Read More
Mu mahanga

SYRIA: Abantu 24 banyonzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba.

22/10/2021 - by Kamanzi Eric - Leave a Comment

Kuwa gatatu taliki 20 Ukwakira nibwo mu gihugu cya Siria hanyonzwe abantu 24, nyuma y’uko muri nzeri 2020 Ministeri y’ubutabera muri Syria yari yemeje ko  abo(abanyonzwe)  bemeye ko bateguye inama …

SYRIA: Abantu 24 banyonzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba. Read More
Mu mahanga

Bamwe mu banyanijeriya biyita abayahudi barinubira kutitabwaho na leta ya Israel .

20/10/2021 - by Kamanzi Eric - Leave a Comment

Mu gihugu cya Nigeria hari ubwoko bwa ba nyamuke ( minority) buhamya ko  bufite amaraso y’abayahudi ngo bivuye mu myaka ibarirwa mu bihumbi ishize ubwo abisiraheli babaga mu butayu , …

Bamwe mu banyanijeriya biyita abayahudi barinubira kutitabwaho na leta ya Israel . Read More
Mu mahanga

Afghanistan: Abatalibani batangaje ko abakobwa bazasubira mu mashuri vuba.

18/10/202118/10/2021 - by Iradukunda Olivier - Leave a Comment

Umuvugizi wa minisiteri y’ubutegetsi bw’imbere mu gihugu yabwiye Al Jazeera ko amashuri arimo na  za kaminuza zose zo muri Afuganisitani bizongera gufungura mu gihe giton Ndetse binashimangirwa na Minisiteri y’ubutegetsi …

Afghanistan: Abatalibani batangaje ko abakobwa bazasubira mu mashuri vuba. Read More
Mu mahanga

Mu Buhinde, abantu 22 bishwe n’imvura idasanzwe yateje inkangu n’imyuzure.

18/10/202118/10/2021 - by Iradukunda Olivier - Leave a Comment

Kuva ku wa gatanu w’icyumweru gishize, imvura idasanzwe yibasiye leta ya Kerala isanzwe ituwe n’abantu barenga miliyoni, ndetse ikaba  iherereye ku nkombe z’inyanja mu gihugu cy’Ubuhinde, ibyatumye inzuzi zuzura imihanda …

Mu Buhinde, abantu 22 bishwe n’imvura idasanzwe yateje inkangu n’imyuzure. Read More

Posts pagination

Previous 1 … 5 6 7 … 12 Next

Kwamamaza

AGEZWEHO

RWAMAGANA: Murekatete wari Umurezi yishwe akaswe ijosi

27/06/2025

GICUMBI:Urwego rwa Dasso rwasabye urubyiruko rwafashijwe, kutarya Inkunga y’ibikoresho bahawe nyuma yo kwiga imyuga

27/06/2025

Rusizi: Gitifu w’Akagali ka Kizuru uvugwaho gufungira abaturage mu kagari yatawe muri yombi

27/06/2025

Paul Rutikanga na Caroline basezeranye imbere y’amategeko

27/06/202527/06/2025

Video

https://youtu.be/SQEQr7c0-dw

Address

Address
Kigali-Rwanda

email: impanogroup@gmail.com

 

Abo turi bo

Adress

Address
Rwanda
Kigali

Hours
Monday—Friday: 9:00AM–5:00PM
Saturday & Sunday: 11:00AM–5:00PM

Recent

RWAMAGANA: Murekatete wari Umurezi yishwe akaswe ijosi

27/06/2025

GICUMBI:Urwego rwa Dasso rwasabye urubyiruko rwafashijwe, kutarya Inkunga y’ibikoresho bahawe nyuma yo kwiga imyuga

27/06/2025

Rusizi: Gitifu w’Akagali ka Kizuru uvugwaho gufungira abaturage mu kagari yatawe muri yombi

27/06/2025

Featured

Rusizi: Gitifu w’Akagali ka Kizuru uvugwaho gufungira abaturage mu kagari yatawe muri yombi

27/06/2025

Bintou Keita uyobora MONUSCO yasuye Goma bwa mbere kuva yagenzurwa na AFC/M23

12/06/2025

Corneille Nanga wa AFC/M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo

11/06/2025

Copyright © 2025 Impano.rw.
  • Yelp
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Email