China: Wuhan ahatangiriye Coronaviras, umugi wasubiye mu buzima busanzwe.

Kuri uyu wa kabiri igihugu cy’u Bushinwa cyatangaje  ko ingamba zari zarafashwe muri Wuhan aho  Coronavirus yatangiriye mu mpera z’ukwezi kwa cumi nabiri zo kuguma mu rugo ntihagire usohoka zamaze gukurwaho mu mugi . Ubusanzwe Wuhan ni ni umugi ubamo abantu basaga miliyoni 11 .

Izo ngamba zibuza abuturage ba Wuhan gusohoka zari zimaze iminsi 76 ikaba yarangiranye na sasita z’ijoro zo kuwa kabiri, Ibyo bije nyuma y’iminsi itari mike Leta y’u Bushinwa itangaza ko nta muntu mushya wanduye, nubwo amahanga akibikemanga

Ubushinwa ni kimwe mu bihugu bya mbere ku isi byazahajwe na Coronavirus mbere y’ibindi, ariko bukaba ari nacyo gihugu cy’ambere cyagaragaje imbaraga zidasanzwe mu guhangana n’iki cyorezo, ndetse bikaba binagagragarira isi ko buri kugisohokamo neza.

Amateka ya jenocide mu mayaga: Eduard yarishwe basiga bazi ko yapfuye bagarutse babereka aho bamushyinguye.

Jenocide mu mayaga: Eduard yarishwe basiga bazi ko yapfuye bagarutse babereka aho bamushyinguye.

Umwanditsi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

× How can I help you?