Koreya ya Ruguru yahagaritse, ibitero byayo kuri Ngenzi yayo Y’epfo.

Kuri uyu wa gatatu Koreya ya Ruguru yatangaje   ko ihagaritse ibikorwa byayobijyanye n’igisirikare yateganyaga  gukorera muri Koreya y’Epfo.

Ibyo bikorwa byari bigamije kuzakorwa mu mugambi wo kwigarurira uruganda runini rw’ubudcuruzi rwitwaKaesong, ni agace kubatsemo amahoteri agezweho hakaba hazwi ku izina ry’ “Umusozi wa Diyama.”

Mu cyumweru gishize  ubwo Koreya ya Ruguru yatangazaga ko izatera hariya hantu, Iy’Epfo yari yamenyesheje ko igomba no kuzirengera ingaruka zizakurikiraho, aho Koreya y’Epfo yayibwiye ko nayo yiteguye.

Umwanditsi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

× How can I help you?