M23 ishyizeho umuvugizi mushya. Dore inshingano ahawe

Lawrence Kanyuka wagizwe umuvugizi mushya wa M23 azajya avuga ibyerekeye Politiki mu gihe Majoro Willy Ngoma we azakomeza kuba umuvugira w’ibyerekeye ibya gisirikare.

Nkuko biri mu  itangazo ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bwa M23 kuri iki Cyumweru tariki 31 Nyakanga 2022 rivuga ko hashingiwe ku mategeko n’amahame y’uyu mutwe wa M 23, hafashwe iyi myanzuro mu rwego rwo kurushaho kunoza imikorere yawo.

Umutwe wa M23 wagize Bunagana ikicaro gikuru cyawo, Nyuma yo kuwigarurira, ndetse wanashyizeho amwe mu mategeko agomba kugenderwaho n’abaturage bo muri uyu Mujyi.

Umwanditsi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

× How can I help you?