Amashusho ya SlayQueen w’umujyi asambanywa yashyizwe ku karubanda

Umwe mu Baslayqueen ba mbere mu mujyi wa Nairobi Adriana Wanjiku, yandagajwe n’umuntu utaramenyakana kujyeza ubu, aho hashyizwe hanze amashusho agaragaraga ko yakoreshwaga imibonano mpuzabitsina asinziriye cyane, ibyo benshi bavuga ko yafashwe ku nguhu kuko nta ruhare na ruto bigaragara ko yabigizemo.

Mu mashusho yatangiye gukwirakwizwa taliki 24 Ukwakira 2023, agaragaza Adriana Wanjika akoreshwa imibonano mpuzabitsina ariko bigaragara ko nta ruhare na ruto yagize muri icyo gikorwa.

Nkuko bigaragara mu mashusho aba asinziriye cyane, bishoboke ko aba yahawe ibimusinziriza cyangwa se yanyoye inzoga nyinshi, kuko bigaragara ko ibyo yakorerwaga byose nta na kimwe yari azi cyangwa yumvaga.

Habaye ari mu Rwanda, uwakorewe nk’ibyakorewe Adriana Wanjiku agatanga ikirego, uwabikoze yahanwa nkuko Mu ngingo ya 133 y’umushinga w’igitabo cy’amategeko ahana ibyaha mu Rwanda bigaragara ko “ Umuntu wese uhamijwe icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato ahanishwa igihano cy’igifungo kitari munsi y’imyaka 10 ariko kitarenze imyaka 15 n’ihazabu itari munsi ya miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda, ariko itarenze miliyoni ebyiri.”

Umwanditsi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

× How can I help you?