Trump yahawe urw’amenyo ubwo yatangaga igitekerezo cy’uburyo Coronavirus yavurwamo.

Perezida Donald Trump yahawe urw’amenyo n’abaganga baranamunenga bikomeye nyuma y’uko atanze igitekerezo gitangaje ngo hakorwe ubushakashatsi niba coronavirus itavurwa hifashishijwe gutera mu mubiri umuti wica virus na microbes. Yanabaye nk’ujya …

Trump yahawe urw’amenyo ubwo yatangaga igitekerezo cy’uburyo Coronavirus yavurwamo. Read More

Mu ijambo rihumuriza, Perezida Kagame yavuze ko “hari ikizere cy’uko ibintu bizasubira mu buryo”.

Perezida Kagame yavuze ko “nubwo ubuzima bwose busa n’ubwahagaze, hari ikizere  cy’uko ibintu bizajya mu buryo, ubuzima bukongera bukaba nk’uko busanzwe”. Ibi umukuru w’Igihugu cy’uRwanda Paul Kagame yabibwiye itsinda ry’abantu …

Mu ijambo rihumuriza, Perezida Kagame yavuze ko “hari ikizere cy’uko ibintu bizasubira mu buryo”. Read More