Nyuma y’imirimo ihambaye yakozwe na RDF, amashuri yongeye gufungura i Palma

Nyuma y’imirimo ikomeye ingabo z’u Rwanda RDF zikomeje kugirira mu kugarura umutekano n’amahoro mu ntara ya Cabo delgado, Kuri uyu wa mbere taliki 31 Mutama 2022, Guverinoma ya Mozambique yafashe umwanzuro wo gusubukura amasomo mu mashuri abanza aherereye mu karere ka Palma mu ntara ya Cabo delgado.

Joao Augistinho Buchili, umuyobozi w’akarere ka Palma yashimiye bikomeye ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique ku byo bamaze kugeraho birimo kwirukana abahungabanyaga umutekano no guhindura ubuzima bw’abaturage muri ako Karere.

Ababyeshuri basaga  hasubiye ku ishuri abanyeshuri barenga  650 bo mu bigo bitandukanye.  Ibi kandi bije bikurikira isubukurwa ry’amashuri 100 mu karere ka Mucimboa de Praia.

Umwanditsi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

× How can I help you?