RIB iraburira abantu guhungira kure ubucuruzi bw’amafaranga bwitwa “100K for 800K”, kuko bugamije ubwambuzi.

Mu butumwa buburira Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha(RIB) rwashyize kuri tweeter, buraburira abaturarwanda guhungira kure ubucuruzi bw’amafaranga bwitwa “100K for 800K”, kuko bugamije ubwambuzi. Kandi ubufatiwemo akaba abihanirwa. Ubutumwa buragira buti” Hari …

RIB iraburira abantu guhungira kure ubucuruzi bw’amafaranga bwitwa “100K for 800K”, kuko bugamije ubwambuzi. Read More

Polisi y’uRwanda yashyizeho uburyo bwo gusaba uruhushya rujya kwaka service za ngombwa, wibereye mu rugo

Polisi y’uRwanda yashyizeho uburyo bwo gusaba uruhushya rw’inzira rujya kwaka service za ngombwa, hifashishijwe ikoranabuhanga ku buryo bidasaba ko umuntu ava aho ari. Mu butumwa Polisi y’uRwanda yanyujije kuri tweeter …

Polisi y’uRwanda yashyizeho uburyo bwo gusaba uruhushya rujya kwaka service za ngombwa, wibereye mu rugo Read More