Ibihugu bikennye byongererewe amezi atandatu yo kwishyura umwenda byafashe mu kigega mpuzamahanga..

Umuryango w’ ibihugu 20 bikize cyane ku Isi wemeye kongera amezi atandatu kugirango ibihugu bikennye bibe byakwishyura umwenda bifitiye ikigega mpuzamahanga. Uyu muryango w’ ibihugu bihagarariye ibindi mu bukungu bw’ …

Ibihugu bikennye byongererewe amezi atandatu yo kwishyura umwenda byafashe mu kigega mpuzamahanga.. Read More

Ibihugu byashenye Libya ya Kadafi, byafashe iy’ambere mu gusaba amahanga kutivanga mu bibabazo bya Libya.

Ibihugu birimo  Ubufaransa bwabaye ubwa mbere mu gushyigikira, gutera inkunga ndetse no gusenya Libya, byahamagariye ibihugu by’amahanga kureka kwivanga mu bibazo bya Libya. Ibyo bihugu birimo Ubufaransa, Ubudagi n’Ubutaliyani byasabye …

Ibihugu byashenye Libya ya Kadafi, byafashe iy’ambere mu gusaba amahanga kutivanga mu bibabazo bya Libya. Read More

Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’irya EAC yururutswa mu rwego rwo kunamira Perezida Nkurunziza

Perezida wa Repubulika y’uRwanda Paul Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’iry’umuryango wa Afurika Y’uburasirazuba yururutswa kugera hagati mu rwego rwo kwifatanya n’Abarundi kunamira Perezida wabo Pierre Nkurunziza uherutse kwitaba …

Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’irya EAC yururutswa mu rwego rwo kunamira Perezida Nkurunziza Read More

Abatwara abantu kuri Moto bongeye gukomorerwa, ingendo zihuza intara zirasubukurwa uretse gusa mu karere ka Rusizi na Rubavu.

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ko ingendo zihuza Intara n’Umujyi wa Kigali ndetse na moto zitwara abagenzi bisubukurwa. Gusa kujya cyangwa kuva …

Abatwara abantu kuri Moto bongeye gukomorerwa, ingendo zihuza intara zirasubukurwa uretse gusa mu karere ka Rusizi na Rubavu. Read More