Isirayeli: Benjamini Netanyahu ubwe aracyeka ko yaba yaranduye COVID-19

Minisitiri w’intebe  wa Isirayeli, Benjamin Netanyahu ndetse n’umuyobozi mukuru w’ubutasi muri icyo gihugu  n’abandi bayobozi batandukanye bahisemo kwigumira mu ngo zabo.  Ni inyuma y’aho minisitiri w’ubuzima muri Isiraheli asuzumiwe agasanga yaranduye icyorezo cya Coronavirus, n

Netanyahu yafashe uwo mwanzuro wo kwishyira mu kato nyuma y’icyumweru yari ashoje  cyo kuguma mu rugo cyari cyarashyizweho na  leta ya Isiraheli.

Reta ya Isirayeli nk’ibindi bihugu bitandukanye byo ku isiyahagaritse ibikorwa byinshi bihuriramo abantu benshi, gusa insengero, n’amashuri yigisha inyigisho z’amadini byo byari byakomeje gukora uko bisanzwe kugeza Police itangiye kubifunga ku mbaraga.

Nethanyahu azaguma mu kato kugeza ibisubizo by’abaganga bigaragaje niba ari muzima.

Umwanditsi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

× How can I help you?