Urwishe ya nka ruracyayirimo, Abafana barashaka kweguza Sadate.

Amakuru agera ku kinyamakuru Impano.rw aremeza ko harimo kuba gukorwa petitions zo kweguza Sadate mu bahagarariye fanclubs .

Hakenewe imikono ingana na 3/4 by’abayoboye fanclubs 40 kugira ngo Munyakazi Sadate yeguzwe.

3/4 ni imikono bikenewe haruguru ni imikono 33. Kugeza ubu amakuru atugeraho yemeza ko hamaze kuboneka imikono 28, bikaba  byitezwe ko imikono 5 ibura irara ibonetse uyu munsi.

Kanda hano urebe video y’indiribo nshya Ndishimye Ya Alliance.

N’ubwo bamwe bashaka ko Sadate yeguzwa hari abandi bavuga ko bifakwiye ahubwo Sadate yar’akwiye guhabwa andi mahirwe, abafana bakongera bakamugirira ikizere nk’uko byahoze ubundi yananirwa akibwiriza.

Ku rundi ruhande andi makuru aravuga ko  icyemezo cya RGB cyemeje Sadate nk’umuyobozi wa Rayon Sport byemewe n’amategeko cyamaze kujuririrwa n’abiyita abanyamuryango bemewe n’amategeko ba Rayon Sport, ndetse nyuma ya RGB hakaba hari bukurikireho kwiyambaza inkiko.

Kanda hano urebe Video ubumuntu ya Isharah Alliance

Ibibazo by’imiyoborere n’imicungire ya Rayon ivugwaho ubushobozi buke isa n’iri kuyiganisha u manegeka kuko abenshi mu bakinyi iyi kipe yacingiragaho ubu bamaze gusinyira andi makipe.

Umwanditsi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

× How can I help you?