Ruhango: Abantu batanu bo mu muryango umwe, bajyanywe kwa muganga aho bagaragazaga ibimenyetso by’uburwayi bwo mu mutwe.

Ku gicamunsi cyo kuri icyi cyumweru taliki 17 Ukwakira 2021, hari abantu batanu bo mu muryango umwe basanzwe batuye mu karere ka Ruhango, umurenge wa Mbuye, akagali ka Nyakarekare, umudugudu …

Ruhango: Abantu batanu bo mu muryango umwe, bajyanywe kwa muganga aho bagaragazaga ibimenyetso by’uburwayi bwo mu mutwe. Read More

Hari abaturage batarishyura imisoro y’ubutaka na rimwe kuko babuze ubwishyu, ubuyobozi buvuga ko ubijyejeje kuri njyanama yoroherezwa.

Bamwe mu baturage bo mu bice bitandukanye by’igihugu bavuga ko batarishyura umusoro w’ubutaka na rimwe kuva gahunda yo gusorera ubutaka yatangira, ahanini ngo biterwa n’uko amafaranga yo kwishyura iyo misoro …

Hari abaturage batarishyura imisoro y’ubutaka na rimwe kuko babuze ubwishyu, ubuyobozi buvuga ko ubijyejeje kuri njyanama yoroherezwa. Read More