Skip to content
Top Menu
05/06/2025
  • Yelp
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Email
  • Facebook
  • Twitter
  • Youtube
  • Pinterest
  • Instagram

Impano.rw

Impano

  • Ahabanza
  • English
  • Uburezi
  • Umuryango
  • Ubuzima
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki

Author: SINDIHEBA Yusuf

Imibereho myiza

Ingano za Serbia zishobora kugabanya itumbagira ry’ibiciro ku masoko yo mu Rwanda

19/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Leta y’u Rwanda ivuga ko igiye guhahira ingano n’ibigori mu gihugu cya Serbia, mu rwego rwo kuziba icyuho cyatewe n’intambara iri muri Ukraine. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kabiri mu …

Ingano za Serbia zishobora kugabanya itumbagira ry’ibiciro ku masoko yo mu Rwanda Read More
Imikino

Abakinyi 32 ba ikipe ya tuniziya bahunze Igihugu

11/04/202311/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Ikipe y’umupira w’amaguru mu gihugu cya Tuniziya yasezeye mu marushanwa yose yarimo nyuma yuko abakinyi bayo 32 bahunze igihugu bakigira gushakisha ubuzima ku mugabane w’Uburayi. Umuyobozi w’iyi kipe Ghardimaou isanzwe …

Abakinyi 32 ba ikipe ya tuniziya bahunze Igihugu Read More
Mu mahanga

Nyamasheke: Abanyerondo batanu barakekwa mu bujura buciye icyuho

10/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Ku wa 6 tariki ya 8 Mata 2023, ubwo abacuruzi 3 bo mu isantere ya Nyagafunzo mu karere ka Nyamasheke babyukaga bagasanga amaduka yabo yibwe, habayeho gushyira mu majwi bamwe …

Nyamasheke: Abanyerondo batanu barakekwa mu bujura buciye icyuho Read More
Kwibuka

Amerika ivuga ko izakomeza gushakisha abakoze jenoside yakorewe abatutsi

10/04/202310/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Abanyarwanda batuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika bifatanije n’abandi hirya no hino ku isi kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umuhango witabiriwe n’Abanyarwanda batuye muri Leta zitandukanye. …

Amerika ivuga ko izakomeza gushakisha abakoze jenoside yakorewe abatutsi Read More
Kwibuka

Ruhango: Ababyeyi bashishikarijwe kwigisha abana, amateka nyayo y’igihugu

08/04/202308/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Mu gutangiza gahunda yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, Umuyobozi w’akarere ka Ruhango Habarurema Valens yibukije ababyeyi ko bafite inshingano zo kwigisha abana …

Ruhango: Ababyeyi bashishikarijwe kwigisha abana, amateka nyayo y’igihugu Read More
Kwibuka

Nta muntu n’umwe uzigera aduhitiramo uko tubaho “Perezida Kagame”

08/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Mu ijambo ritangiza kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda bahisemo gukomeza kubaho kandi ko nta muntu n’umwe uzigera abahitiramo uko babaho. …

Nta muntu n’umwe uzigera aduhitiramo uko tubaho “Perezida Kagame” Read More
Kwibuka

Amayaga: Inzu y’amateka ya Jenoside yifujwe kuva mu myaka 9 ishize igiye kubakwa

07/04/202307/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Mu gikorwa cyo gutangiza  kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda , Umuyobozi w’akarere ka Ruhango Habarurema Valens, yabwiye itangazamakuru ko hagiye kuvugururwa urwibutso rw’akarere rwa Kinazi …

Amayaga: Inzu y’amateka ya Jenoside yifujwe kuva mu myaka 9 ishize igiye kubakwa Read More
Mu mahanga

Birakekwa ko abantu 70 baba baburiye ubuzima mu kiyaga cya kivu

04/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Amakuru dukesha ijwi ry’amerika yemeza ko, abantu batandatu bapfuye abandi 64 bakaburirwa irengero, nyuma y’uko ubwato barimo bwibiriye mu kiyaga cya Kivu, mu burasirazuba bwa Repuburika ya demokarasi ya Kongo, …

Birakekwa ko abantu 70 baba baburiye ubuzima mu kiyaga cya kivu Read More
Imikino

Eid Cup: Muhanga yatsinze Huye ibitego 2-0 ihita igera ku mukino wa nyuma

03/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Mu marushanwa ya Eid Cup yateguwe n’ubuyobozi bw’umuryango w’abayisilamu mu ntara y’amajyepfo, ikipe y’abayisilamu bo mu karere ka Muhanga yatsinze iy’abo mu karere ka Huye ibitego 2-0, Muhanga ihita ibona …

Eid Cup: Muhanga yatsinze Huye ibitego 2-0 ihita igera ku mukino wa nyuma Read More
Imibereho myiza

Muhanga: Abaturage bifuza ko abakekwaho ibyaha by’ubugome bajya baburanishirizwa mu ruhame

03/04/202303/04/2023 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Muhanga bifuza ko ibyaha by’ubugome nk’ubwicanyi ndetse n’ibindi byajya biburanishirizwa mu ruhame, kandi urubanza rukabera aho byakorewe. Ibi bamwe mu baturage bo mu …

Muhanga: Abaturage bifuza ko abakekwaho ibyaha by’ubugome bajya baburanishirizwa mu ruhame Read More

Posts pagination

Previous 1 … 5 6 7 … 34 Next

Kwamamaza

AGEZWEHO

Buri rwibutso rw’akarere hazubakwamo urukuta ruriho amazina y’Imiryango yazimye

31/05/2025

GICUMBI: Irondo ry’umwuga ryatangijwe mu mujyi wa Byumba, ryitezweho guhangana n’ubujura bwari bumaze gufata indi ntera

29/05/2025

Abadepite bagiye kuzenguruka igihugu cyose basuzuma Ibibazo by’ubutaka n’imiturire

28/05/2025

GICUMBI:Umwana yasibye ishuri, saa sita zigeze ajya kurya bagenzi be baramukubita bimuviramo urupfu

27/05/2025

Video

https://youtu.be/SQEQr7c0-dw

Address

Address
Kigali-Rwanda

email: impanogroup@gmail.com

 

Abo turi bo

Adress

Address
Rwanda
Kigali

Hours
Monday—Friday: 9:00AM–5:00PM
Saturday & Sunday: 11:00AM–5:00PM

Recent

Buri rwibutso rw’akarere hazubakwamo urukuta ruriho amazina y’Imiryango yazimye

31/05/2025

GICUMBI: Irondo ry’umwuga ryatangijwe mu mujyi wa Byumba, ryitezweho guhangana n’ubujura bwari bumaze gufata indi ntera

29/05/2025

Abadepite bagiye kuzenguruka igihugu cyose basuzuma Ibibazo by’ubutaka n’imiturire

28/05/2025

Featured

Perezida Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda kugambirira gutera u Burundi

01/05/2025

Cyera kabaye Ingabo za SADC zakoreraga mu Burasirazuba bwa RDC zatangiye gutaha

29/04/2025

Perezida Trump yaciye amarenga y’irangira ry’ibibazo bya DRC n’u Rwanda

29/04/202529/04/2025

Copyright © 2025 Impano.rw.
  • Yelp
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Email

Social Chat is free, download and try it now here!