Mu ijambo rihumuriza, Perezida Kagame yavuze ko “hari ikizere cy’uko ibintu bizasubira mu buryo”.

Perezida Kagame yavuze ko “nubwo ubuzima bwose busa n’ubwahagaze, hari ikizere  cy’uko ibintu bizajya mu buryo, ubuzima bukongera bukaba nk’uko busanzwe”. Ibi umukuru w’Igihugu cy’uRwanda Paul Kagame yabibwiye itsinda ry’abantu …

Mu ijambo rihumuriza, Perezida Kagame yavuze ko “hari ikizere cy’uko ibintu bizasubira mu buryo”. Read More

RIB yafashe Gitifu Kanyarukato Augustine imukurikiranyeho, gufunga umuturage binyuranyije n’amategeko

Mu butumwa Rib yanyujije kuri tweeter yatangaje ko yafashe Kanyarukato Augustine  wari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Gacaca mu karere ka Musanze, imukurikiranyeho gufunga umuturage mu buryo butemewe n’amategeko. Kuri Konti …

RIB yafashe Gitifu Kanyarukato Augustine imukurikiranyeho, gufunga umuturage binyuranyije n’amategeko Read More

Kirehe: Turarwisasiye Theoneste ukekwaho guhoza umugore we ku nkenke kubera ko ari umututsikazi yatawe muri yombi.

Amakuru yageraga ku kinyamakuru Impano yavugaga  ko Turarwisasiye Theoneste Turarwisasiye Theoneste ufite imyaka 42 y’amavuko ubu akaba aba mu karere ka Kirehekugeza  ubu,  ari mu maboko y’ubugenzacyaha,  akurikiranyweho kuba yashakaga …

Kirehe: Turarwisasiye Theoneste ukekwaho guhoza umugore we ku nkenke kubera ko ari umututsikazi yatawe muri yombi. Read More

Rwanda: Bishop wigeze kuvugwaho gutwara umugabo w’abandi yatawe muri yombi azira kurenga ku ngamba zo guhangana na Covid-19

Polisi y’uRwanda yatangaje ko kuri uyu wa kabiri yafashe ikanafunga Bishop Mukabadege Liliane, Nyuma y’uko yahagaritswe n’abapolisi bamubaza aho agiye akababwira ko agiye mu kiganiro kuri Radio nyamara atari byo, …

Rwanda: Bishop wigeze kuvugwaho gutwara umugabo w’abandi yatawe muri yombi azira kurenga ku ngamba zo guhangana na Covid-19 Read More