Polisi ya Kenya Irashinjwa kuba yarishe abarenze ku mabwiriza yo gukumira Coronavirus

Polisi ya Kenya irashinjwa ubwicanyi no gukoresha ingufu zirengeje urugero mw’iyubahirizwa ry’ingamba z’umukwabu zafatiwe kurwanya COVID-19. Imiryango irengera uburenganzira bwa muntu muri Kenya, ivuga ko ingufu polisi ikoresha zahitanye abantu …

Polisi ya Kenya Irashinjwa kuba yarishe abarenze ku mabwiriza yo gukumira Coronavirus Read More

Umuryango w’abibumbye uvuga ko ‘’isi ishobora guhura n’amapfa nkayo twajyaga twumva muri Bibiliya.’’

Umuryango w’abibumbye ONU uvuga  ko  Coronavirus ishobora kuzatuma isi  ihura n’amapfa nkayo twajyaga twumva muri Bibiliya. David Beasley, umuyobozi w’ishami rya ONU ryita ku biribwa ku isi PAM/WFP, avuga ko …

Umuryango w’abibumbye uvuga ko ‘’isi ishobora guhura n’amapfa nkayo twajyaga twumva muri Bibiliya.’’ Read More

Mu ijambo rihumuriza, Perezida Kagame yavuze ko “hari ikizere cy’uko ibintu bizasubira mu buryo”.

Perezida Kagame yavuze ko “nubwo ubuzima bwose busa n’ubwahagaze, hari ikizere  cy’uko ibintu bizajya mu buryo, ubuzima bukongera bukaba nk’uko busanzwe”. Ibi umukuru w’Igihugu cy’uRwanda Paul Kagame yabibwiye itsinda ry’abantu …

Mu ijambo rihumuriza, Perezida Kagame yavuze ko “hari ikizere cy’uko ibintu bizasubira mu buryo”. Read More

RIB yafashe Gitifu Kanyarukato Augustine imukurikiranyeho, gufunga umuturage binyuranyije n’amategeko

Mu butumwa Rib yanyujije kuri tweeter yatangaje ko yafashe Kanyarukato Augustine  wari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Gacaca mu karere ka Musanze, imukurikiranyeho gufunga umuturage mu buryo butemewe n’amategeko. Kuri Konti …

RIB yafashe Gitifu Kanyarukato Augustine imukurikiranyeho, gufunga umuturage binyuranyije n’amategeko Read More