Mu ijambo rihumuriza, Perezida Kagame yavuze ko “hari ikizere cy’uko ibintu bizasubira mu buryo”.

Perezida Kagame yavuze ko “nubwo ubuzima bwose busa n’ubwahagaze, hari ikizere  cy’uko ibintu bizajya mu buryo, ubuzima bukongera bukaba nk’uko busanzwe”. Ibi umukuru w’Igihugu cy’uRwanda Paul Kagame yabibwiye itsinda ry’abantu …

Mu ijambo rihumuriza, Perezida Kagame yavuze ko “hari ikizere cy’uko ibintu bizasubira mu buryo”. Read More

Umuyobozi wa OMS yavuze ko Afrika itazigera iba urubuga rwo kugeragezamo urukingo urwo ari rwo rwose.

Dr Tedros Adhanom  umuyobozi mukuru w’ishami rya ONU ryita ku buzi OMS/WHO yamaganye yivuye inyuma  amagambo “y’ivangura” yatangajwe n’abaganga babiri b’Abafaransa aho bavuze ko urukingo rwa covid-19 byaba byiza rugeragerejwe …

Umuyobozi wa OMS yavuze ko Afrika itazigera iba urubuga rwo kugeragezamo urukingo urwo ari rwo rwose. Read More

Muhanga nta murwayi wa Covid-19 urahaboneka. Ingamba zirakomeje, Abaturanye nibasaranganye- Meya Kayitare

Mu minsi yashize hagiye hakwizwa impuha ko, akarere ka Muhanga kanafite umugi uri mu migi itandatu yunganira Kigali gashobora kuba Karabonetsemo umurwayi wa Coronavirus. Ibyo Meya Kayitare Jacqueline avuga ko …

Muhanga nta murwayi wa Covid-19 urahaboneka. Ingamba zirakomeje, Abaturanye nibasaranganye- Meya Kayitare Read More