RIB ku isonga mu kurya ruswa itubutse gusumbya izindi nzego, Raporo
Raporo y’muryango urwanya ruswa n’akarengane , Transparency International (TI) ishami ry’u Rwanda igaragaza ko Urwego Rw’ubugenzacyaha, RIB, rwaje ruyoboye izindi nzego mu kugira abakozi bakiriye ruswa itubutse mu mwaka w’2023. …
RIB ku isonga mu kurya ruswa itubutse gusumbya izindi nzego, Raporo Read More