Politics

Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’irya EAC yururutswa mu rwego rwo kunamira Perezida Nkurunziza

Perezida wa Repubulika y’uRwanda Paul Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’iry’umuryango wa Afurika Y’uburasirazuba yururutswa kugera hagati mu rwego rwo kwifatanya n’Abarundi kunamira Perezida wabo Pierre Nkurunziza uherutse kwitaba …

Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’irya EAC yururutswa mu rwego rwo kunamira Perezida Nkurunziza Read More

America: Amahoro mu myigaragambyo, intero nshya y’abari kwigaragambiriza urupfu rwa George Floyd.

Nyuma y’icyumeru kirenga ibikorwa  byimyigaragambyo yiganjemo urugomo no kwangiza ibintu bitandukanye kandi nabyo bigamije kwamagana urugomo rw’abapoli ku baturage, yasubiye mu ituze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ituze ryagarutse kubera …

America: Amahoro mu myigaragambyo, intero nshya y’abari kwigaragambiriza urupfu rwa George Floyd. Read More

Abatwara abantu kuri Moto bongeye gukomorerwa, ingendo zihuza intara zirasubukurwa uretse gusa mu karere ka Rusizi na Rubavu.

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ko ingendo zihuza Intara n’Umujyi wa Kigali ndetse na moto zitwara abagenzi bisubukurwa. Gusa kujya cyangwa kuva …

Abatwara abantu kuri Moto bongeye gukomorerwa, ingendo zihuza intara zirasubukurwa uretse gusa mu karere ka Rusizi na Rubavu. Read More

Ba Guverineri 2, CG Emanuel Gasana wayoboraga amajyepfo na JMV Gatabazi wayoboraga amajyaruguru begujwe.

Itangazo ryatanzwen’iBiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu 25/5/2020 rivuga ko “Perezida wa Repubulika” yabaye ahagaritse ku myanya yabo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Emmanuel Gasana na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru …

Ba Guverineri 2, CG Emanuel Gasana wayoboraga amajyepfo na JMV Gatabazi wayoboraga amajyaruguru begujwe. Read More