Skip to content
Top Menu
07/09/2025
  • Yelp
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Email
  • Facebook
  • Twitter
  • Youtube
  • Pinterest
  • Instagram

Impano.rw

Impano

  • Ahabanza
  • English
  • Uburezi
  • Umuryango
  • Ubuzima
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki

Month: May 2020

Amakuru

Coronavirus yageze mu magereza, Imfungwa 43 zamaze kuyandura

02/05/2020 - by Impano - Leave a Comment

Gereza ya gisirikare ya N’dolo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yamaze kwemeza ko  kugeza ubu imfungwa 43 zemejwe ko zanduye icyorezo cya coronavirus, abayobozi ba gereza n’abo mu rwego …

Coronavirus yageze mu magereza, Imfungwa 43 zamaze kuyandura Read More
Mu mahanga

Kim Jong-Un ntiyigeze apfa

02/05/2020 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Kim Jong-un, Perezida wa Koreya ya ruguru ntabwo yigeze apfa kuko, yagaragaye mu ruhame bwa mbere nyuma y’iminsi 20 yari ishize, nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru bya leta y’icyo gihugu. Ibiro …

Kim Jong-Un ntiyigeze apfa Read More
Amakuru

Amerika yemeje ko umuti wa Remdesivir wavura Coronavirus.

02/05/202002/05/2020 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Amerika yemeje Remdesivir nk’umuti ushobora kuvura Coronavirus aho  ikigo cy’Amerika kigenzura ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti (FDA) cyatanze uruhushya rwo mu bihe bidasanzwe rw’uko umuti remdesivir wa Ebola witabazwa mu kuvura icyorezo …

Amerika yemeje ko umuti wa Remdesivir wavura Coronavirus. Read More
Amakuru / Ubuzima

Afurika y’Epfo: Abapolisi 103 banduye Coronavirus naho abayobozi basaga 1000 bo bari mu kato.

02/05/2020 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Mu gihugu cya Afurika Y’epfo abapolisi bagera ku 103  bamaze kwandura  icyorezo cya coronavirus naho abayobozi basaga 1000 bo bari mu kato. Jenerali Majoro Leon Rabie, uyobora Polisi yo mu …

Afurika y’Epfo: Abapolisi 103 banduye Coronavirus naho abayobozi basaga 1000 bo bari mu kato. Read More
Utuntu n'utundi

Urupfu rwa Viviane rwashenguye umugabo we bikomeye cyane.

01/05/202001/05/2020 - by Impano - Leave a Comment

Umugabo wiyitaTuleh Spanix Terhile kuri facebook ukomoka mu gihugu cya Nigeria  aherutse gushyira ku mbugankoranyambaga inkuru y’akabababaro yatewe n’urupfu rw’umugore we Viviane Tuleh witabye Imana ku munsi we n’umugabo we  …

Urupfu rwa Viviane rwashenguye umugabo we bikomeye cyane. Read More
Amakuru / Ubuzima

Hafashwe ingamba nshya zigamije gukumira Coronavirus hitabwa cyane mu bashoferi mpuzamahanga

01/05/2020 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Nk’uko Leta y’urwanda yahagurukiye guhangana na n’icyorezo cya Coronavirus yivuye inyuma, ubu yamaze gushyiraho ahantu hakirirwa amakamyo aturutse muri Tanzania mu rwego rwo kwirinda ko yinjira imbere mu gihugu ariko …

Hafashwe ingamba nshya zigamije gukumira Coronavirus hitabwa cyane mu bashoferi mpuzamahanga Read More
Amakuru

Minisitiri w’ubuzima Ngamije yemeza ko nta bwandu bushya bwa Coronavirus buri hanze ya Kigali.

01/05/2020 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Ngamije Daniel aremeza ko ubushakashatsi buherutse gukorwa mu gihugu hose hagamijwe kureba niba mu baturage hari indwara ya COVD-19, bwagaragaje ko  nta bwandu bushya buri mu ntara. …

Minisitiri w’ubuzima Ngamije yemeza ko nta bwandu bushya bwa Coronavirus buri hanze ya Kigali. Read More
Amakuru

Dore uburyo ingendo zizakorwa mu ngamba nshya zo kwirinda Coronavirus

01/05/2020 - by SINDIHEBA Yusuf - Leave a Comment

Abatwara abantu mu buryo rusange cyangwa abatwara imodoka zabo bwite bemerewe gukora ingendo hagati y’uturere ariko ntabwo bemerewe kurenga intara ngo bajye mu yindi nk’uko byasobanuwena Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof …

Dore uburyo ingendo zizakorwa mu ngamba nshya zo kwirinda Coronavirus Read More
ikoranabuhanga

Udushya iPhone 12 biteganyijwe ko izasohoka mu mpera z’uyu mwaka izaba yihariye

01/05/202001/05/2020 - by SHIMA John Beda - Leave a Comment

Ni gake abantu bumva uruganda Apple, ntibahite bakangarana.. Uru ni uruganda rwo muri leta zunze Ubumwe z’Amerika, ruzwi mu gukora ibikoresho bitandukanye by’ikoranabuhanga harimo ama computer, amasaha, ama iPad, n’ibindi. …

Udushya iPhone 12 biteganyijwe ko izasohoka mu mpera z’uyu mwaka izaba yihariye Read More
Cinema

Filime 10 zatwaye akayabo mu ikorwa ryazo mu mateka y’isi

01/05/2020 - by SHIMA John Beda - Leave a Comment

Turi mu gihe, abenshi mu ritwe bari kwirirwa mu ngo zabo, nyuma yo gukora bimwe mu byo dushinzwe mu ngo zacu abenshi muri twe dufata umwanya tukareba filime, kandi turanazikunda. …

Filime 10 zatwaye akayabo mu ikorwa ryazo mu mateka y’isi Read More

Posts pagination

Previous 1 … 4 5 6 Next

Kwamamaza

AGEZWEHO

GICUMBI: RIB na RMB bibukije abaturage ko igihe basanze amabuye y’agaciro mu masambu yabo bagomba kumenyesha inzego zibishinzwe

10/07/2025

GATSIBO: Abakorera mu Isoko rya Ngarama basaba ko risanwa

10/07/202510/07/2025

GICUMBI: Umusozi wa Gihembe wahozeho Inkambi, hagiye kubakwa ibikorwa remezo birimo Ikigo kinini cy’urubyiruko

10/07/2025

GICUMBI: Abaturage bo ku Mulindi wa Byumba, Gishambashayo na Rubaya bishimira ko bacumbikiye Inkotanyi, nazo nyuma zikaba zarakomeje kubitaho

04/07/2025

Video

https://youtu.be/SQEQr7c0-dw

Address

Address
Kigali-Rwanda

email: impanogroup@gmail.com

 

Abo turi bo

Adress

Address
Rwanda
Kigali

Hours
Monday—Friday: 9:00AM–5:00PM
Saturday & Sunday: 11:00AM–5:00PM

Recent

GICUMBI: RIB na RMB bibukije abaturage ko igihe basanze amabuye y’agaciro mu masambu yabo bagomba kumenyesha inzego zibishinzwe

10/07/2025

GATSIBO: Abakorera mu Isoko rya Ngarama basaba ko risanwa

10/07/202510/07/2025

GICUMBI: Umusozi wa Gihembe wahozeho Inkambi, hagiye kubakwa ibikorwa remezo birimo Ikigo kinini cy’urubyiruko

10/07/2025

Featured

Rusizi: Gitifu w’Akagali ka Kizuru uvugwaho gufungira abaturage mu kagari yatawe muri yombi

27/06/2025

Bintou Keita uyobora MONUSCO yasuye Goma bwa mbere kuva yagenzurwa na AFC/M23

12/06/2025

Corneille Nanga wa AFC/M23 yashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo

11/06/2025

Copyright © 2025 Impano.rw.
  • Yelp
  • Facebook
  • Twitter
  • Instagram
  • Email