AFRICA: Abarenga miliyoni 100 bafite ibyago byo kugerwaho n’ingaruka ziturutse ku ihinduka ry’ikirere

Nkuko byagaragaye mu bushakashatsi bw’ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe iteganyagiye (WMO) , muri Africa abarenga miliyari imwe  n’ibuhumbi magana atatu batuye ahantu hashyuha cyane birenze ku kigero rusange, kandi abarenga Miliyoni …

AFRICA: Abarenga miliyoni 100 bafite ibyago byo kugerwaho n’ingaruka ziturutse ku ihinduka ry’ikirere Read More

Ruhango: Abantu batanu bo mu muryango umwe, bajyanywe kwa muganga aho bagaragazaga ibimenyetso by’uburwayi bwo mu mutwe.

Ku gicamunsi cyo kuri icyi cyumweru taliki 17 Ukwakira 2021, hari abantu batanu bo mu muryango umwe basanzwe batuye mu karere ka Ruhango, umurenge wa Mbuye, akagali ka Nyakarekare, umudugudu …

Ruhango: Abantu batanu bo mu muryango umwe, bajyanywe kwa muganga aho bagaragazaga ibimenyetso by’uburwayi bwo mu mutwe. Read More