Rwanda: Leta yagabanyije amafaranga y’ishuri kigero cya 30% ku biga imyuga n’ubumenyi ngiro

Leta yatangaje ko  yagabanyije amafaranga y’ishuri atangwa n’abanyeshuri biga mu mashuri ya tekiniki, imyuga n’ubumenyingiro (TVET) ku kigero cya 30%. Ni icyemezo kigomba gutangira gushyirwa mu bikorwa mu gihembwe cya …

Rwanda: Leta yagabanyije amafaranga y’ishuri kigero cya 30% ku biga imyuga n’ubumenyi ngiro Read More

Abapadiri babyaye basabwe gusezera mu gipadiri babyanga bakirukanwa.

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Inama y’Abepisikopi Gatolika (CENCO), yasabye Abapadiri bose babyaye kwegura ku mirimo yabo y’Ubusaseridoti babyanga n’ubundi bakirukanwa. Amakuru dukesha ikinyamakuru RFI avuga ko inyandiko yasinyweho …

Abapadiri babyaye basabwe gusezera mu gipadiri babyanga bakirukanwa. Read More

Muhanga: Abanyanyamuryango ba koperative KOKAR bashinja ubuyobozi bwayo gufata imyanzuro batumvikanyeho

Muhanga abahinzi bibumbiye muri koperative KOKAR ihinga umuceri n’ibigori mugishanga cya Rugeramigozi ya 2 barinubira imikorere ya komite nyobozi yabo kuko ngo ifata imyanzuro itayibamenyesheje bigatuma bacyeka ko yaba ibanyerereza …

Muhanga: Abanyanyamuryango ba koperative KOKAR bashinja ubuyobozi bwayo gufata imyanzuro batumvikanyeho Read More