Abanyeshuri bahabwaga Buruse (Bourse) ya Leta nibasubize amerwe mu isaho, gahunda ni muri Nzeri.

Bamwe mu banyeshuri ba Kaminuza ndetse n’amasshuri makuru atandukanye bibazaga niba bazakomeza kubona amafaranga abunganira bahabwaga na Leta azwi nka Buruse, ariko nkuko amakuru dukesha igihe abivuga bamaze gukurirwa inzira …

Abanyeshuri bahabwaga Buruse (Bourse) ya Leta nibasubize amerwe mu isaho, gahunda ni muri Nzeri. Read More

Nyamagabe: Abakozi bashinjaga Company ya NPD kubambura, iki cyumweru kirarangira bamaze kwishyurwa.

Mu karere ka Nyamagabe, umurenge wa Kitabi hamaze iminsi havugwa ikibazo cy’abakozi bakoreye Company ya NPD bacukura ahagombaga kunyura insinga z’amatara yo ku muhanda ariko bakaba barategereje kwishyurwa amaso agahera …

Nyamagabe: Abakozi bashinjaga Company ya NPD kubambura, iki cyumweru kirarangira bamaze kwishyurwa. Read More

Ababyeyi bari baramaze kwishyura amafaranga y’ishuri y’igihembwe cya mbere bizagenda bite?

Mu rwego rwo gukomeza guhangana no gukumira icyorezo cya Coronavirus Leta y’uRwanda yafashe umwanzuro wo gukomeza gufunga amashuri kugeza muri Nzeri 2020. Nyuma y’uwo mwanzuro binyuze muri Minisiteri y’uburezi hatangajwe …

Ababyeyi bari baramaze kwishyura amafaranga y’ishuri y’igihembwe cya mbere bizagenda bite? Read More

Nyuma y’uko Madagascar ivumbuye umuti wa Coronavirus, ubu noneho igiye kugerageza urukingo.

Nyuma y’uko Madagascar ivumbuye umuti wa Coronavirus(Covid-19) ukozwe mu bimera OMS ikayamaganira kure, ubu noneho Perezida wa Madagascar yatangaje ko iki gihugu kigiye gutangira kugerageza urukingo rwa coronavirus rukoze mu …

Nyuma y’uko Madagascar ivumbuye umuti wa Coronavirus, ubu noneho igiye kugerageza urukingo. Read More