Politics

Muhanga nta murwayi wa Covid-19 urahaboneka. Ingamba zirakomeje, Abaturanye nibasaranganye- Meya Kayitare

Mu minsi yashize hagiye hakwizwa impuha ko, akarere ka Muhanga kanafite umugi uri mu migi itandatu yunganira Kigali gashobora kuba Karabonetsemo umurwayi wa Coronavirus. Ibyo Meya Kayitare Jacqueline avuga ko …

Muhanga nta murwayi wa Covid-19 urahaboneka. Ingamba zirakomeje, Abaturanye nibasaranganye- Meya Kayitare Read More

Isirayeli: Benjamini Netanyahu ubwe aracyeka ko yaba yaranduye COVID-19

Minisitiri w’intebe  wa Isirayeli, Benjamin Netanyahu ndetse n’umuyobozi mukuru w’ubutasi muri icyo gihugu  n’abandi bayobozi batandukanye bahisemo kwigumira mu ngo zabo.  Ni inyuma y’aho minisitiri w’ubuzima muri Isiraheli asuzumiwe agasanga …

Isirayeli: Benjamini Netanyahu ubwe aracyeka ko yaba yaranduye COVID-19 Read More

Kuba imibare y’abapimwe Coronavirus mu Rwanda izamuka ntawe bikwiye gukura umutima. Dr Ngamije

Mu Rwanda imibare y’abarwayi banshya b’icyorezo cya Covid-19  cyizwi nka Coronavirus, irakomeza kuzamuka umunsi ku wundi. Minisitiri w’ubuzima Dr Ngamije Avuga ko kubona imibare y’abapimwe izamuka ntawe bikwiye gukura umutima, …

Kuba imibare y’abapimwe Coronavirus mu Rwanda izamuka ntawe bikwiye gukura umutima. Dr Ngamije Read More

Ikinyoma cyamamaye mu myidagaduro yo mu Rwanda cyo kuva inda imwe kwa Tom Close na The Ben cyahimbwe na Tom Close ubwe.

Ubwo umuziki wo mu Rwanda wasaga naho uri kuzanzamuka mu myaka ya 2007, 2008 na 2009 nibwo hadutse ikinyoma cyanafashwe nk’ukuri mu gihe kitari gito, aho abakunzi ba Muzika nyarwanda …

Ikinyoma cyamamaye mu myidagaduro yo mu Rwanda cyo kuva inda imwe kwa Tom Close na The Ben cyahimbwe na Tom Close ubwe. Read More