Iby’ingenzi wamenya ku mukobwa wa mbere w’umucakara watunze miliyoni y’amadolari

Sarah Rector yavutse mu mwaka w’1902 mu burasirazuba bwa Oklahoma, mu matware yahoze ari ay’Abahinde. Yavukanaga n’abana batanu, babyawe n’abirabura b’abacakara. Babaga mu rugo rw’Umuhinde wari ubatunze nk’abacakara be. Hashingiwe …

Iby’ingenzi wamenya ku mukobwa wa mbere w’umucakara watunze miliyoni y’amadolari Read More

Ruhango FC ikipe igamije gutanga ibyishimo bamwe mu bafana ba ruhago baburiye mu yandi makipe

Nyuma y’imyaka itari micye Ruhango yarasigaye inyuma mu bijyanye n’imikino ndetse n’imyidagaduro, bamwe mu Banyaruhango bishyize hamwe bashinga ikipe bayita Ruhango Fc, imwe mu ntego nyamukuru ifite ikaba ari ugutwara …

Ruhango FC ikipe igamije gutanga ibyishimo bamwe mu bafana ba ruhago baburiye mu yandi makipe Read More

Prince Kid utegura amarushanwa ya Miss Rwanda yatawe muri Yombi akekwaho ihohotera rishingiye ku gitsina

Ishimwe DieudonnĂ© Wamamaye nka Prince Kid uyobora Rwanda Inspiration Backup itegura amarushanwa ya Miss Rwanda, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryakorewe abakobwa bitabiriye irushanwa …

Prince Kid utegura amarushanwa ya Miss Rwanda yatawe muri Yombi akekwaho ihohotera rishingiye ku gitsina Read More

#Kwibuka28: Bull Dogg, Ish Kevin, Juno Kizigenza n’abandi basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi

Abahanzi barimo Bull Dogg, Ish Kevin, Juno Kizigenza, Gabiro Guitar, Diplomate, B-Threy, Bushali, Papa Cyangwe, Symphony Band, Active na Confy bagiye gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi …

#Kwibuka28: Bull Dogg, Ish Kevin, Juno Kizigenza n’abandi basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi Read More